Ahagana i saa moya n'igice z'umugoroba i Rusizi hatewe grenade n'umuntu utaramenyekana.
2019-10-20 Amakuru

I Rusizi mu mujyi wa Kamembe hatewe grenade uri uyu wa 19 ukwakira kugeza ubu uwayiteye ntaramenyekana.

Aya makuru yashyizweho umukono n'umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda ku rwego rw'igihugu commissioner  of police John bosco Kabera.

Ahagana isaha ya sa moya  n'igice z'umugoroba umuntu utaramenyekana yateye grenade i kamembe mu mujyi mu karere ka Rusizi  ikomeretsa byoroheje  abantu bane bahise bajyanwa mu bitaro.

Inzego z'umutekano zatangiye gukora iperereza rigamije gutahura uwo ari we wese wabigizemo uruhare.

by admin.

Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru

Ibitekerezo:

Mujye mushiraho amafoto